I Parc de Prince inshundura zanyaganyezwaga ubudasiba mu mukino wa 1/2 cy’irangiza mu marushanwa ya UEFA Champions League
Abakinnyi Khvicha Kvaratskhelia na Ousmane Dembélé babaye intwari mu mukino wabaye kuri uyu wa kabiri mu irushanwa rya UEFA Champions League. Paris Saint-Germain (PSG) yari yakiriye Bayern München yayitsinze ibitego…










