Turasaba Ababyeyi kutaraga abana babo urubanza rwabananiye – Minisitiri Habimana
Kuri iki cyumweru, taliki 12 Mata 2026, Akarere ka Kayonza kibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu gikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Mukarange, aho hibanzwe ku…








