Kenya’s secret Ebola deal with the U.S. sparks anger among Doctors
Kenya has agreed to let the United States build an Ebola quarantine facility on its soil. The country’s doctors are angry. The government says it made the right call. And…
Kenya has agreed to let the United States build an Ebola quarantine facility on its soil. The country’s doctors are angry. The government says it made the right call. And…
Mu bice byinshi by’icyaro mu Rwanda, kubona amazi meza byari ikibazo gikomeye, by’umwihariko mu bigo nderabuzima. Ariko ubu, hari impinduka igaragara aho amazi meza ari kugera muri ibi bigo, bikaba…
Ku wa 26 Mata 2026 ku rwibutso rw’akarere ka Ruhango rwa Kinazi habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Genocide yakorewe abatutsi muri aka gace k’amayaga mu 1994. …
Imirenge ya Fumbwe na Muyumbu yo mu Karere ka Rwamagana ikomeje kugaragara mu yugarijwe cyane na malariya, aho yihariye hafi kimwe cya kabiri cy’abarwayi bose muri aka karere, ibintu bikomeje…
Imibare mishya igaragaza ko indwara ya malariya mu Rwanda iri kugenda igabanuka, aho muri 2024-2025 habaruwe abarwayi basaga 1,131,314, mu mwaka wakurikiyeho muri 2025 kugeza muri Werurwe 2026 ho umubare…
Mu Rwanda, abajyanama b’ubuzima bakomeje kugira uruhare rukomeye mu guhangana na Malariya, aho imibare igaragaza ko umubare munini w’abayirwaye uvurirwa hafi yabo. Uruhare rwabo rugaragara cyane mu gufasha abaturage kubona…
Buri mwaka ku wa 25 Mata, u Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Malariya, mu gihe hashyirwa imbaraga mu gukomeza kuyikumira no kuyirandura burundu. Ni uri urwo rwego,…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, Rwanda Biomedical Centre (RBC), kiratangaza ko umubare w’abitabira serivisi zo kwivuza indwara zo mu mutwe wiyongereyeho 9% hagati ya 2021 na 2025, mu gihe n’abagaragaza ibimenyetso…