Ibiganiro hagati ya RDC na AFC/M23 bigiye gusubukurirwa mu busuwisi
Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hateganyijwe indi ntambwe y’ibiganiro bigamije gushaka umuti w’amakimbirane hagati ya Leta ya Repubulika iharanira…








